in

Neymar uri mu kiruhuko cy’uburwayi ari kwitegura kwibarukana n’umukunzi we w’ikizungerezi _ AMAFOTO

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Brazil na PSG yo mu Bufaransa, Neymar ari kwitegura kwibarukana n’umukunzi we.

Naymar ari kwitegura kwibarukana n’umukunzi we w’ikizungerezi, Bruna Biancardi umwana wabo wa mbere

Uyu mwana azaba ari uwa Kabiri kuri Neymar nyuma y’uwo asanzwe afite w’imyaka 11.

Biancardi na Neymar bakaba bashyize hanze ubutumwa bw’amafoto buherekejwe n’amagambo meza, baha ikaze umwana wabo bitegura kwibaruka.

Aba bombi batangiye gukundana mu mwaka wa 2021, nyuma Neymar yaje gutera intambwe ibaganisha ku kubana, amwambika impeta.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bishop Brigitte uherutse gushishikariza abashakanye kureba filime z’urukozasoni yagize icyo avuga ku bagabo b’ibiremba – VIDIO

Rayon Sports yaragowe kweri! Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’ikipe ya Police FC