in

Neymar ashobora kudakina igikombe cy’isi kubera azaba ari muri gereza

Bishobora gutuma adakina igikombe cy’isi guteganyijwe mu mpera z’uyu mwaka ndetse niyo yazakina ashobora kutazatanga umusaruro mwiza dore ko gereza imugera amajanja.

Isosiyete y’ishora imari muri Brazil yasabiye Neymar Jr igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 ubwo azaba ari mu rukiko akurikiranyweho ibyaha birimo uburiganya na ruswa mu masezerano ye yo kwerekeza muri FC Barcelona avuye muri Santos mu 2013.

Ubushinjacyaha bwa Espagne bwasabiye Neymar Jr gufungwa imyaka 2 n’ihazabu ya miliyoni 10 z’amayero.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 5 ba APR FC bagaragaje ko basubiye inyuma cyane kubera Adil Mohamed

Ejo Rayon Sports izakina umukino ukomeye wa gicuti