in

NESA yahagaritse ibigo by’amashuri bigera kuri 54 ku kongera gutanga uburezi kubera impamvu ikomeye cyane

Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA rwatangaje ko mu bugenzuzi bw’amashuri bwakozwe mu mwaka wa 2021/2022, hari ibigo by’amashuri 54 byimwe uruhushya rwo gukomeza gutanga uburezi mu Rwanda.

Ibigo by’amashuri mu Rwanda bigenzurwa umunsi ku wundi hagamijwe guhamya ko abanyeshuri bahabwa uburezi bufite ireme.

Amashuri yose yaba ayashinzwe kera n’ayahinzwe vuba agira igihe cyo kugenzurwa, ayujuje ibisabwa agahabwa icyemezo gishobora kumara imyaka itatu ariko igihe icyo ari cyo cyose bakaba bagaruka gukora irindi genzura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto yawe twarayarambiwe! Shaddyboo yifatiye Meddy amubwira akamuri ku mutima

Iyo yambaye ijipo akora ibitangaza! Umutesi Denise wabaye igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2020 utajya ukunda kugaragara ku mbuga nkoranyambaga yaje yambaye akajipo kagufi cyane kagaragaraza amatako ye batigeze babona mu marushanwa -AMAFOTO