in

Ndimbati yatangaje ikintu gikomeye bamukorera kugirango areke gufana Rayon Sports benshi baraseka cyane

Ndimbati yatangaje ikintu gikomeye bamukorera kugirango areke gufana Rayon Sports benshi baraseka cyane

Umukinnyi wa filime wamamaye cyane muri Cinema nyarwanda, Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati yatangaje ko kugirango areke gufana Rayon Sports kereka bamwishe akava ku isi.

Ibi yabitangaje kuri uyu wa gatandatu ubwo yari yatumiwe mu kiganiro na Radio Rwanda avuga ko akunda Rayon Sports by’indani atari uko iyi kipe ifite abafana benshi ahubwo yayikunze gutyo gusa Kandi kuyivaho ngo byagorana.

Ndimbati yatangaje ko araza no kureba umukino iyi kipe irakina na Marine FC kuri uyu munsi ndetse ngo agiye kurira imodoka amanuke kugirango uyu mukino utaza kumucika.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Migi ntiyumva ukuntu APR FC yamuzukiyeho

Umwarimu w’umugore wirongoje ku munyeshuri w’imyaka 17 akaza kumutera inda, ari mu mazi abira