in

“Ndimbati uraceceka, ntabwo nceceka” Amashusho ya Ndimbati ari gucyocyorana n’abanyamakuru imbere ya Titi Brown hanze ya gereza ya Mageragere akomeje guhererekanwa cyane ku mbuga

kuri uyu munsi nibwo umubyinnyi Titi Brown wagizwe umwere ku cyaha cyo gusambanya no gutera inda umwana utarageza imyaka y’ubukure, kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023 yahise asohoka mu Igororero rya Mageragere.

Mu mashusho y’abanyamakuru bari baje kumwakira ndetse bari no gufata amakuru hagaragayemo umukinnyi wa filime uzwi kw’izina rya Ndimbati ari gushwana n’abandi banyamakuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abanye-Congo basanze umusore w’umunyaRwanda ari kuroba mu kiyaga cya Kivu baramutemagura baramwica

Birabe ibyuya! Ngoma ubuzima bw’abanyeshuri basaga 70 buri mu kaga, gusa harakekwa icyibyihishe inyuma