in

« Ndi mu rukundo…. » – Christopher yavuze ibyo tutari tuzi ku byavuzwe mu rukundo rwe n’umunyamakuru Martina wa RBA

Umuhanzi Christopher yavuze ku bijyanye n’umukunzi we anavuga ku mubano we n’umunyamakuru Martina Abera wa RBA. Ni mu kiganiro Breakfast with the stars aho Christopher yari yatumiwe nk’umutumirwa w’umunsi.

Muri iki kiganiro, Christopher yabajijwe ku mubano we na Martina Abera maze avuga ko we na Martina Abera ari inshuti bisanzwe ko badakundana bya couple gusa avuga ko ari inshuti ye bisanzwe.

Christopher yakomeje avuga ko ari mu rukundo n’umukobwa ndetse ko bamaranye imyaka 6. Mu byo yamukundiye, Christopher yavuze ko ari ukuba atanyibushye ndetse no kuba yirabura. Christopher yabisobanuye mu magambo agira ati « Nkunda abakobwa bari dark skinned, abantu batabyibushye cyane batanananutse of course… ».

Christopher yavuze ko afite umukunzi bamaranye imyaka 6

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

« Ibikorwa bye biruta imyaka ye… » – Papa Cyangwe yavuze imyaka afite abantu baratungurwa

Inkuru itari nziza ku banyarwanda bakunda amagare#tdrwanda

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO