in

“Ndeka nk’ukubite indaya” Mu mihanda ya Kigali-Nyamirambo habaye intambara karundura y’abakobwa imyenda barayica bapfuye akantu k’amafuti, “Ntimubakize”

“Ndeka nk’ukubite indaya” Mu mihanda ya Kigali-Nyamirambo habaye intambara karundura y’abakobwa imyenda barayica bapfuye akantu k’amafuti, “Ntimubakize”.

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’abakobwa babiri barwanye ubudakizwa bapfuye akantu k’amafuti.

Nkuko by’umvikana muri videwo, umwe avuga ko mugenzi we yamubeshyeye ko yankweye inzoga ntazishyure.

Ndetse ibi bikaba byabereye mu mihanda ya Kigali Nyamirambo ahazwi nko kuri 40.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Bahati uherutse gukorana indirimbo na Bruce Melodie yaje mu Rwanda atarwiyambitse ashaka Bruce Melodie kubera impamvu yatangaje  (AMAFOTO)

Yatunguranye: Israel Mbonyi yatangaje imwe muri gahunda afite vuba aha itari izwi na benshi