in

“Ndarira iyo nibutse ukuntu umwana wange yarohamye akagera aho ashiramo umwuka” Davido utajya yiyumvisha uburyo umuhungu we ifeanyi yapfuye yongeye kwerekana intimba ahorana 

Davido n'umuhungu we ifeanyi wapfuye afite imyaka 3 gusa.

“Ndarira iyo nibutse ukuntu umwana wange yarohamye akagera aho ashiramo umwuka” Davido utajya yiyumvisha uburyo umuhungu we ifeanyi yapfuye yongeye kwekana intimba ahorana

Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeat, David Adeleke, uzwi ku izina rya Davido, yatangaje ko kuva umuhungu ifeanyi yapfa byamusigiye igikomere kitazapfa gusibangana.

Davido yavuze ko akizenga amarira mu maso buri gitondo iyo yibutse uburyo umuhungu we ifeanyi yapfuye ababara igihe yari arimo kurohama.

Mu kiganiro aherutse kugirana na Omega, Davido yavuze ko akomeza kurira igihe cyose yibutse urupfu rw’umuhungu we.

Yavuze ko Ifeanyi na nyina wapfuye, Madamu Veronica Adeleke barimo kubyina indirimbo ze mu ijuru, ndetse ahamya ko atazabibagirwa.

Ifeanyi, umuhungu we wa mbere, yapfuye mu Kwakira 2022 afite imyaka 3

Davido n’umuhungu we ifeanyi wapfuye afite imyaka 3 gusa.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byagenze gute kugira ngo mu rugo rw’umuturage wibera i Kayonza hasangwe mo grenade eshatu zose?

APR FC yamaze gusinyisha umukinnyi wa mbere ukomoka hanze y’u Rwanda