in

“Ndagarutse na none” Umunyamakuru w’imikino ukunzwe hano mu Rwanda yagarutse mu kiganiro urubuga rw’Imikino kuri Radiyo Rwanda yahoze akorera

Umunyamakuru w’imikino ukunzwe hano mu Rwanda, Itangishaka Eric ‘Dinho’ usanzwe ariwe ushinzwe ibikorwa by’ikipe (Team Manager) mu ikipe ya Bugesera FC, yagarutse kuri Radiyo Rwanda mu kiganiro urubuga rw’imikino.

Eric Dinho amaze umwaka umwe ari Team Manager wa Bugesera FC, akaba yarahawe izi nshingano avuye kuri RBA aho n’ubusanzwe yakoraga ibiganiro by’imikino kuri Magic FM ndetse na Radio Rwanda.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Eric Dinho yatangaje ko yagarutse kuri Radiyo Rwanda mu rubuga rw’imikino, ati “Ndagarutse na none, ejo mu rubuga rw’imikino kuri Radiyo Rwanda tuzabane mugitondo saa 09h30’ kugeza saa 11h30.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uko APR FC yisana ni nako RAYON SPORTS yijuta! Umu-chou w’Aba-Rayon, Youssef ategerejwe i Kigali mu Rwanda

Niba utaramenya urubuga rushyashya rwaje waba utagendana n’ibigezweho! Menya ama million y’abantu bamaze kwinjira ku rubuga rushyashya rwashyizwe hanze na Instagram & Facebook (Meta)