in

Nayo yahagaritse gukinisha abanyarwanda gusa! Police Fc yayobotse isoko ryo kugura abakinnyi b’abanyamahanga

Nyuma y’uko ikipe ya APR Fc iretse gahunda yo gukinisha abakinnyi b’abanyarwanda gusa, biravugwa ko ikipe ya Police FC nayo yaretse iyi gahunda kuko yamaze kumvikana n’umukinnyi wo hagati w’umurundi wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sport Bigirimana Abedi.

Ibiganiro bigenze neza uyu musore yahabwa 35M ku myaka ibiri akazajya ahembwa umushahara wa million 1.5Frw ku kwezi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yirukanye umukinnyi ariko bishobora kuyikoraho ititonze

Baracyarya ifi n’inkoko! Nta mukinnyi APR FC yigeze isezerera mu nama yaraye ihuje ubuyobozi n’abakinnyi