in

Nayo igiye kwigaragaza: Ikipe ikomeye mu Rwanda yakuriweho ibihano

Nayo igiye kwigaragaza: Ikipe ikomeye hano mu Rwanda yakuriweho ibihano yari imazemo iminsi byo kutemererwa kugura abakinnyi.

Bugesera FC yakuriweho ibihano yari yarahawe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi FIFA nyuma yo kuregwa na Papa Oumar Sow ubu ikaba yamaze gutanga miliyoni 6 z’amafaranga y’u Rwanda bikaba byemejwe ko iyi kipe yemerewe kugura no kwandisha abakinnyi.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yaramwitondeye! Mu mafoto, irebere ubwiza bw’umwari wafashe bugwate umutima w’umunyamakuru ukuzwe mu myidagaduro yo mu Rwanda

Ni umwe mu banyezamu beza u Rwanda rwigeze! Umunyezamu wakanyujijeho mu ikipe y’igihugu Amavubi yasezeye ibyo gukina umupira w’amaguru