in

“Nayiguriye amata” Umushoferi wari utwaye ya modoka yaraye ihiye, yavuze ukuntu byagenze ngo ishye n’ukuntu yatabaye abari bayirimo bose (VIDEWO)

Mu ijoro ryakeye imodoka yavaga Kigali yerekeza Ngororero yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka.

Murego Flugence wari utwaye iyo modoka yavuze ko ipine ariyo yaturitse maze abona hari kuvamo umuriro.

Nyuma yo kubona umuriro yasohoye abagenzi ni uko maze agura amata kugira ngo ayizimye gusa byanze.

Yahise akuramo imizigo yari iri mu modoka gusa nabyo ntakintu byatanze ahubwo imodoka yahiye.

Ishami rya Polisi rishinzwe inkongi niryo ryazimije iyo modoka.

VIDEWO

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Bikunda ubuyobozi bwatekereza uko bwabona unsimbura” Chairman wa APR FC yaciye amarenga ko ari hafi kuva muri iyo kipe ndetse agira n’icyo avuga ku kuyobora FERWAFA

Umugabo yafashe Umugore we aryamanye na pastor ahita akora igikorwa kidasanzwe