Umunyarwanda ari mu gihirahiro ndetse akeneye inama nyuma y’aho abyaranye abana babiri na nyirabuja none arashaka kumuteza umugore we niba yanze ko bagukamana.
Uyu mugabo yagize ati:“Muraho,njye ndi umugabo nkaba narakoreye umugore muri alimentation ariko tunaturanye mugipango kimwe, umugabo we ntabwo yabaga ahari kuko atwara amakamyo ahora hanze.
Uwo mudamu yarambwiye ati “ntampamvu yokuzajya wirarana kandi tuba twenyine mugipangu byarangiye turaranye kenshi bituviramo kubyarana abana 2 ariko umugabo we ntiyabimenya nibwo uwo mudamu yansabaga ko nahava kugira umugabo atazarabukwa…naragiye nza gukundana nundi mukobwa yewe birangira dukoze ubukwe none kuva uriya mudamu yabimenya yarambwiye ngo ntandukane nuwo mudamu cyangwa ngo azazane abana banjye abansigire numudamu abimenye ko nabyaye hanze,none ndikwibaza ese nemere bantane abana cyangwa nemere ntandukane nuwo nashyatse?mungire inama”.