in

Amakuru yihutirwa areba abantu bari bafite impungenge ku kiraro cya Nyabarongo gihuza Kigali-Muhanga

Imvura imaze iminsi igwa yangije igice cy’umuhanda Kigali – Muhanga aho byateje impungenge kuri bamwe bakoreshaga uyu muhanda ndetse byari no kugabanya ubuhahirane bw’izi ntara.

Kuri ubu impungenge za bamwe zasubijwe n’ikigo gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi mu Rwanda (RTDA)

Ikigo gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi (RTDA) cyatangaje ko kigiye gusana mu maguru mashya igice cy’umuhanda Kigali-Muhanga cyangijwe n’amazi, hafi y’ikiraro cya Nyabarongo.

Iki kigo kinavuga ko mu gukemura ikibazo mu buryo burambye, umwaka utaha uyu muhanda uzazamurwa hejuru.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Naryamanye na mabuja turabyarana none ashaka kunsenyera” umunyarwanda ari mu gihirahiro

Miss Umwiza Phiona wabaye igisonga muri Miss Rwanda ariguhatanira umwanya mu Nteko Ishinga Amategeko