in

Narimenyereye ko mutwereka umukinnyi w’umukino none habonetse umunizi w’umukino! Ifoto ya Rutanga yateye rwakajwiga umukinnyi w’ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC ikomeje kurikoroza -IFOTO

Kuri munsi w’ejo hashize tariki ya 28 Nyakanga nibwo shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yari yakomoje hagati y’amakipe abungabunga umutekano mu Rwanda azwi nka APR FC yari yakinnye na Police FC.

Ni umukino waranzwe n’ishyaka ku makipe yombi ariko biza kirangira ikipe ya APR FC yegukanye amanota yayo yambere atatu.

Muri uwo mukino waranzwe n’ishyaka ku makipe yombi hagaragaye ifoto y’umukinnyi Rutanga wa Police FC afashe mu ijosi umukinnyi w’ikipe ya APR FC bikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kamonyi -Kigali; Habereye impanuka ikomeye cyane aho umumotari yagonze imodoka itwara abagenzi yerekezaga i Kigali -AMAFOTO

Ubwose ko umushyize ku karubanda abakobwa b’i Kigali bakaba bagiye kumutwara! Bwambere Alliah Cool yerekanye umukunzi w’ubuzima bwe