in

“Napfa ntabwo nzigera muririra”: Tidjara Kabendera yeruye atangaza umuntu w’inshuti ye uzapfa nta rire gusa yahise atanga impamvu idasanzwe izatuma akora icyo gikorwa kidasanzwe 

“Napfa ntabwo nzigera muririra”: Tidjara Kabendera yeruye atangaza umuntu w’inshuti ye uzapfa nta rire gusa yahise atanga impamvu idasanzwe izatuma akora icyo gikorwa kidasanzwe.

Tidjara Kabendera wabaye umunyamakurukazi ukomeye cyane hano mu Rwanda mu kiganiro yagiranye na Murindahabi Irene yamubwiye ko hari umugore azi uhozwa ku nkeke n’umugabo we ndetse ko ajya anamutwikisha ipasi ariko umugore akaba yaranze guhunga umugabo.

Tidjara uzwiho kubwiza ukuri bagenzi be yemeza ko yagerageje kenshi kugira inama uwo mugore ariko akanga akamubera ibamba.

Tidjara Kabendera yemeje ko uwo mugore wa bana batatu ukorerwa ibikorwa bya bunyamaswa naramuka apfuye atazigera amurira ahubwo ko azafata umwe mu bana be akamurera.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yagiye nka Nyomberi! The Ben yahimye abamwibye terefone ye i Burundi

Elements Eleeh yahinduye umwuga nyuma yo kubona ko avunikira abandi, ubu agiye kwivunikira?