in

Nanywaga urumogi kurusha Jay Polly, wa mukobwa wafunganywe na Jay Polly avuze uko byagenze nyuma yo gufungurwa

Hari mu mwaka ushize ubwo umuhanzi Jay Polly yatabwaga muri yombi ndetse bikaza kurangira yitabye Imana muri gereza  azira gukoresha ibiyobyabwenge byatumye yitaba Imana.

Hari umukobwa wagaragaye arira cyane avuga ko atari azi uko byagenze kugira ngo urumogi rugere aho ni we wadunguwe akaba yatanze ubuhamye binyuze kuri YouTube kuri channel ya big town TV yemeza ko nawe yanywaga urumogi nubwo yari yarabihakanye.

Yavuze ko bagambaniwe n’umwe mu bari kwa Jay Polly kuko bari nanyweye urumogi kare byarangiye ariko bakaba kugambanurwa n’umwe mu bari aho hanyuma police yaza bakarwerekana aho bari baruhishe mu gikoni.

Ubwo uyu mukobwa yapimwaga basanze afite urumogi rurenze urwa Jay Polly mu mubiri ndetse muri gereza nyakwigendera Jay Polly (Imana imutuze aheza) akajya amusubizamo imbaraga amubwira ko ari nta shene idacika bazasohoka amahoro.

Haciyeho iminsi nyuma y’uko uyu mukobwa arekuwe ndetse akaba agira inama urubyiruko yo kwirinda gukoresha ibiyobyabwenge ndetse avuga ko akigera muri gereza yatorewe kuba igisonga cya Miss muri gereza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Camara yiyamye Onana kwibyimbya muri Rayon Sports aha isezerano abarayon

Dore imbogo bamuhaye imodoka ngo bamutere inda