in

“Namenye agaciro k’intanga zange”: Rocky Kimomo yatangaje agaciro k’intanga ze yihenura kuri Kadaffi na Jamal Microjeni bari bamaze gukora ibintu yagaye

“Namenye agaciro k’intanga zange”: Rocky Kimomo yatangaje agaciro k’intanga ze yihenura kuri Kadaffi na Jamal Microjeni bari bamaze gukora ibintu yagaye.

Umusobanuzi wa filime ukunzwe cyane hano mu Rwanda Rocky Kimomo yatangaje ko yamenye agaciro k’intanga ze ubwo Kadaffi Pro yarangariraga ikibuno cy’umukobwa wabazaniraga umutsima wo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Rocky Kimomo.

Kadaffi Pro yabonye amabuno n’ubwiza bw’uwo mukobwa maze atangira kumurangarira maze Rocky Kimomo mu ijwi rituje abwira abarimo Murindahabi Irene ko nawe kera yabonaga abakobwa agakora nk’ibyo Kadaffi yakoraga abajijwe impamvu ubu atabikora asubiza ko yamenye agaciro k’intanga ze.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuzima bwe bwahise buhinduka: Ross Kana waririmbye muri ‘Fou De Toi’ yagaragaje uko asigaye ameze nyuma yo kwemeza abantu muri iyi ndirimbo yakunzwe cyane -AMAFOTO

RIP Mutesi! Umugore w’i Rwamagana yapfiriye mu cyumba cy’amasengesho urupfu rw’amayobera