in

“Namaze imyaka 7 nikinisha ngera n’aho intanga zinshira mo” Umusore witwa Usengimana ibye kubyiyumvisha bikomeje kugorana  

“Namaze imyaka 7 nikinisha ngera n’aho intanga zinshira mo” Umusore witwa Usengimana ibye kubyiyumvisha nti byoroshye

Umusore witwa Usengimana Hodal kuri ubu ni umu kristo usengera mu idini rya ADEPR.

Mu buhamya yasangije MIE yavuze ko igihe yari akiri mu byaha yari afite ingeso yari yaramunaniye kuyivaho dore ko buri sasita z’ijoro uyu musore yari yaramaze kumenyera ko yagombaga kubyuka akikinisha kuko akenshi yabikoraga yifashishije Megabyte z’ubuntu zitangwa guhera saa sita z’ijoro ku Sim Card zikoreshwa mu Rwanda..

Uyu musore yavuze ko ibi yabikoze mu gihe kingana n’imyaka 7 ndetse ibi yabikoraga buri joro mpaka igihe yageraga aho atakibasha gusohora kuko yarikinishaga mpaka intanga zimushize mo.

Ubu buhamya yatanze yashakaga kugira Inama abakiri mu byaha ndetse ahamya ashize amanga ko hakiri bamwe mu basore bakora ibi hivanze mo n’indi mico y’ubusinzi n’ubusambanyi, gusa uyu musore yavuze ko icyamufashije gusohoka muri ibi ari uko yagiye imbere y’imana agasenga atitaye ku byisi.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nta gisebo kiruta iki pe!: Umukobwa yarushijwe imbaraga n’agatama maze yikoreraho ibintu bikorwa n’abana b’ibitambambuga (Amashusho)

Abakunzi Ba Meddy Bamukuriye Agahu Ku Ino Bamwerurira Ko Batamushaka Mu Gakiza