in

“Namaze igihe nziko azapfa” Junior Giti yasutse amarira mu kiganiri ari kuvuga kuri Yanga

Junior Giti wamamaye mu gusobanura filime mu kinyarwanda yafashwe n’amarangamutima asuka amarira mu kiganiro ubwo yari ari kuvuga kuri Yanga.

Ubwo Junior yari ari mu kiganiro na shene ya YouTube ya ISIMBI TV yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yari ari gusobanura I y’urupfu rwa mukuru we Nkusi Thomas wamamaye nka Yanga.

Junior Giti yavuze ko yamenye ko Yanga azapfa mbere y’amezi 7 y’uko Yanga yitaba Imana mu cyumweru gishize.

Junior Giti kandi akomeza avuga ko Yanga yabanje gukira kanseri yo mu gifu gusa nyuma aza kumenya ko arwaye umwijima ari na wo wamuhitanye.

Nkusi Tomas wamamaye nka Yanga yitabye Imana mu cyumweru gishize azize umwijima mu gihugu cya Afurika y’Epfo aho yari yagiye kwivuriza.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
MANIRANZI Emmanuel
MANIRANZI Emmanuel
1 year ago

Nihanganishije cyane umuryango YANGA ndetse n’inshuti ze Kandi twizeye ko aho agiye ari amahoro kuko imirimo myiza yakoze ku is niyo imuherekeje

“Yamwitaga Van” Menya byinshi kuri Chiffa umukunzi wa Yvan Buravan wamuhamagaraga mu buryo bushimishije

Ba Myugariro batatu b’ikipe y’igihugu Amavubi bakomeje kwibaza ejo hazaza