in

Nakundanye n’umuhungu akajya antegeka kuryamana n’inshuti ze! Uwo muhungu arashaka ko tubana? Mwemerere koko? Mungire inama

Muraho baganga b’imitima yamenetse! Ndifuza ko mwangira inama. Nakundanye n’umuhungu tumaranye umwaka n’igice ariko naje kugira ikibazo ubwo najyaga kumusura akantegeka kuryamana n’umuhungu w’inshuti ye. Narabyihanganiye kubera hari ninjoro ntakundi nari kubigenza, nyuma yaje kongera kungwisha mugatego, bimaze kumbaho inshuro 3. Umutima wange umaze kuzamo inyo kubera uwo muhungu namwimariyemo pe, icyantangaje nuko nyuma nabimubajije akambwira ko iyo abonye ndyamanye n’undi bimushimisha, ikirenze icyo yambwiraga ko ashaka ko tuzabana. Ndarushye mumfashe mwishyire mumwanya wange, nabonye ntashobora imico ye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nafashe umukunzi wanjye aryamanye na Mama wanjye none arimo kunsana imbabazi! Nkore iki?| Mungire inama

Fuadi na Gicumbi baradusekeje cyane| Burya bose bavukiye mu Butaliyani| Uwo bakorana arabatunguye