in

Nafashe umukunzi wanjye aryamanye na Mama wanjye none arimo kunsana imbabazi! Nkore iki?| Mungire inama

Umukunzi wacu yaratwandikiye ngo tumugire inama. Yateruye agira ati :

Muraho, njye ndi umukobwa nkaba mfite umutipe dukundana ariko njye kubera akazi nkora ntakunda kubona time kuko ndi umuganga noneho kuwambere yarampamagaye arambaza ngo cherie urakora ninjoro ndamubwira nti yego kuko nagombaga gukora koko….ariko byabaye ngombwa ko mugenzi wanjye ankorera kuko nari kumukorera kuwundi munsi nanjye….mwabantu mwe naratunguwe kugera murugo nkasanga boy friend wanjye aryamanye na mama wanjye umbyara..narababaye ariko byarushijeho ubwo mama yambwiraga ngo heeee genza gace nubundi kuva wamuneyereka twahise dutangira kuryamana so tuza kandi sinakubyaye…ndi mugahinda ndi murujije ndimo kwibaza ese nzabibwire papa ko yibera mukazi atazi ibibera murugo rwe?ese ko umusore akomeje kunsaba imbabazi mubabarire cyangwa?ndababaye peee!

Mungire inama!

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Izi mpamvu zishobora kuba intandaro yo kubura umukunzi||uzitondere.

Nakundanye n’umuhungu akajya antegeka kuryamana n’inshuti ze! Uwo muhungu arashaka ko tubana? Mwemerere koko? Mungire inama