in

N’akataraza Davis D azakana! Umuhanzi Davis D yagaragaye ari kumwe n’umuramye Aline Gahongayire bombi bifotozanya mu buryo bukomeje kugarukwaho cyane – AMAFOTO

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 5 itsinda ry’abakobwa bagize Kigali Protocal rimaze rifatiye runini imyidagaduro nyarwanda, hahuriyemo ibyamamare bitandukanye.

Umuhanzi Davis D yahuye na Aline Gahongayire usanzwe uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, maze barifotozanya.

Mu mafoto bifotozanyije, hari aho bifotoje mu buryo bukomeje kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga muri iyi minsi, akaba ari uburyo bwazanwe na Davis D abwitirira indirimbo ye ya ‘Mbo’. Aline Gahongayire nawe ntiyatinye kwifitoza nka Davis D.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

FERWAFA yahaye ubutumwa Hakim Sahabo wahisemo gukinira ikipe y’igihugu Amavubi akaba yaguzwe n’ikipe yo mu Bubiligi

Inkuru y’inshamugongo yumvikanye mu Karere ka Rubavu nyuma y’uko umwana w’imyaka 16 yagwiriwe n’ikirombe yagiye gucukura