in

“Nagize amarangamutima kandi ni uburenganzira bwanjye” Mbere y’uko yitaba RIB, umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yavuze ku bijyanye n’amashusho ye yibasira Miss Mutesi Jolly ushyirwa mu majwi ko yagambaniye Prince Kid [VIDEWO]

“Nagize amarangamutima kandi ni uburenganzira bwanjye” Mbere y’uko yitaba RIB, umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yavuze ku bijyanye n’amashusho ye yibasira Miss Mutesi Jolly ushyirwa mu majwi ko yagambaniye Prince Kid.

Mu kiganiro na BB Fm Umwezi, Jean Paul Nkundineza yavuze ko yafashwe n’amarangamutima nyuma yo kubona Prince Kid akatiwe imyaka itanu.

Jean Paul avuga ku mashusho ye ari kwibasira Jolly ko yari amarangamutima kandi ko ari n’uburenganzira bwe.

Abajijwe ko amahame y’itangazamakuru atamwemerera kugira amarangamutima mu kazi, yavuze ko RMC (igena amahame y’itangazamakuru) atari Igisirikare.

[VIDEWO]

Izindi nkuru… Reba igitego kimwe rukumbi Apr Fc yatsinze Mukura ku munota wa 94′.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kapiteni Rwatubyaye we bamukoze no mu mutwe! Musanze FC yashyize hanze amafoto y’indobanure agaragaza uburyo rutahizamu wayo Peter Agblevor wandagaje ba myugariro ba Rayon Sports – AMAFOTO

Umuhanzi ukunzwe n’abanyarwandaka batari bake yakoze agashya azana ubugari kurubyiniriro ubundi abusomeza amazi abafana bicwa n’ifemba