in

“Nabwiye Papa ngo agurishe ibyo nari ntunze byose kugirango barumuna bajye bige” Titi Brown yavuze umugiraneza wishyuriye barumuna be ishuri ubwo bari bagiye kurivamo kubera yari ari muri gereza ndetse aranamushimura- videwo

“Nabwiye Papa ngo agurishe ibyo nari ntunze byose kugirango barumuna bajye bige” Titi Brown yavuze umugiraneza wishyuriye barumuna be ishuri ubwo bari bagiye kurivamo kubera yari ari muri gereza ndetse aranamushimura. 

 

Mu kiganiro Titi Brown yagiranye na Isimbi TV yavuze uburyo barumuna be bari hafi kureka ishuri kubera ubushobozi ariko umugiraneza akaza kubafasha bakiga.

Titi yavuze ko ubwo yari ari muri gereza yabonye ko ibintu bikomeye ubundi abwira Papa we ngo agurishe ibyo yari atunze mu nzu kugirango barumuna be bakomeze bige.

Gusa ibyo ntibyari kubishyurira ishuri ngo bagera kure!, muri icyo gihe nibwo haje umugiraneza witwa Alice afasha barumuna be.

Titi ashimira byimazeyo uyu Mudamu kuko yamugaragarije urukundo rudasanzwe. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Joyeuse nyuma yo gukorera indirimbo Juno yamushimiye kuba yaramuhaye amafaranga akubaka ikiraro k’ingurube gusa yamubwiyeko ibyiyumviro amufitiye bitarashira arangije amubwira ikindi kintu amwifuzaho- videwo

Breaking news: Inkuru nziza ku munyamakuru Manirakiza Théogène wari ufungiwe i Magererage