in

“Nabonye inka zifite ibiti binini” Umukobwa uri mu kiruhuko mu Rwanda yasekeje benshi ubwo yashakaga kuvuga amahembe y’inka z’inyambo (Videwo)

Umukobwa witwa Nathalie usanzwe wibera hanze y’u Rwanda waje mu biruhuko mu Rwanda yasekeje abantu benshi nyuma yo kuvuga ko ahembe y’inyambo ari ibiti binini.

Ni mu mashusho uyu mukobwa yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram aho aba ari kuganira na Mugenzi we amubaza ibintu yabonye mu Rwanda.

Nathalie avuga ko yabonye jnka zifite ibiti binini cyane gusa ariko ko mugenzi we ko aba azi ko ari amahembe ahita amukosora akamubwira ka ari amahembe.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibikorwa yasize biramuhagarariye; Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana ni we muhanzi uyoboye abandi mu kurebwa cyane

Abakinnyi 2 ba Police FC bakiniye Rayon Sports bari gukubita agatoki ku kandi mbere yo guhura kw’aya makipe