in

Na we se baravuga ko ashaka visa? Umuramyi ugezweho mu Rwanda agiye kurongora umukobwa wibera muri Leta Zunze Ubumwe z’America nyuma y’igihe bahanye isezerano ritapfa kwisukirwa n’uwari we wese (AMAFOTO)

Na we se baravuga ko ashaka visa? Umuramyi ugezweho mu Rwanda agiye kurongora umukobwa wibera muri Leta Zunze Ubumwe z’America nyuma y’igihe bahanye isezerano ritapfa kwisukirwa n’uwari we wese.

Umuramyi Emmy Vox wamamaye mu ndirimbo zo kuramya Imana , agiye kurushinga na Nathalie.

Ubukwe bwabo buteganyijwe tariki 4 Ugushyingo 2023.

Ubu bukwe bugiye kuba nyuma y’uko basezeranye mu mategeko tariki 12 Mutarama 2023.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu agiye kubishyira ku rundi rwego: The Ben nyuma yo gupfusha umubyeyi we yateguje igitaramo kidasanzwe

Thierry Forger utoza APR FC yatangiye kubihirwa nuko abona ikibazo iyi kipe ifite kiri gutuma batsinda batinze cyane