in

Myugariro w’Umunya-Nigeria ukinira ikipe ya Sunrise FC yakorewe ibirori by’agatangaza ku munsi we w’amavuko -AMAFOTO

Kuri iyi tariki myugariro w’Umunya-Nigeria, ONYEABOR Franklin Chukwuwuebuka ukinira Sunrise FC yagize Isabukuru y’amavuko aho yujuje imyaka 23.

Nyuma y’uko Sunrise FC itsinze Gorilla FC ibitego 2-0 ku munsi w’ejo, inshuti z’uyu mukinnyi zaraye zimutunguye zimuha impano mu rwego rwo kumwifuriza umunsi mwiza w’amavuko.

Flanklin Chukwuwuebuka yaje muri Sunrise FC uyu mwaka aho yasinye amasezerano y’imyaka 2 yabanje gutozwa na Muhire Hassan uheruka gutandukana n’iyi kipe, mu gihe ubu atozwa n’Umugande Jackson Mayanja.

Abazi ruhago bavuga ko uyu musore Ari muri bamyugariro beza muri iyi Shampiyona, mu mikino 13 Sunrise FC imaze gukina Flanklin yakinnyemo imikino 11.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Pep Guardiola yatangaje amagambo akomeye ku makipe ashaka kumutwara Premier League

Inkuru y’akababaro! Gitifu w’akare ka Ngoma yakoreye impanuka yateye ubwoba i Kigali agonga abanyeshuri icyenda ku buryo bukomeye