in

Mwavugaga mutarabona: APR FC imaze gusinyisha umukinnyi uhiga abandi bose mwimvishe (Amafoto)

Mwavugaga mutarabona: Ikipe ya APR FC imaze gusinyisha umukinnyi w’Umunyamahanga uhiga abandi bose mwimvishe.

Nyamukandagira imaze gusinyisha umukinnyi w’igihangage witwa Salomon Charles Beinvenue Banga Bindjeme imukuye muri Al-Hilal Club akaba ari myugariro uteye ubwoba ukomoka mu gihugu cya Cameroun uyu kandi yari kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Cameroun muri CHAN ya 2021.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bidasubirwaho APR FC yamaze gutangaza umukinnyi ukomeye cyane wari umaze iminsi agarukwaho na benshi 

Musanze ikirombe kirongeye gikorera abantu amabara