in

“Mwatwerereye anagahe ku buryo mumbaza umugore wanjye?” Amag The Black yifatiye ku gahanga abahora bavuga ko yatandukanye n’umugore we

Umuraperi Amag The Black yifatiye ku gahanga abantu birirwa bavuga ko yatandukanye n’umugore we.

Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Emmy ku muyoboro wa YouTube, aho bagarukaga ku rugo rwe.

Emmy yabajije Amag niba yaratandukanye n’umugore we aho yabimubajeje amubwira ko ari ibiri kuvugwa.

Mu gusubiza, yamubwiye ko ababivuga ari abanyamakuru nkawe ndetse anamubwira ko batagomba kumenya iby’urugo rwe.

Amag akomeza abaza abantu bavuga ko yatandukanye n’umugore niba hari amafaranga bamutwerereye kugira ngo akore ubukwe.

Ati: “Abo babivuga batwerereye angahe? Kuki mushaka kumenya ibyo mu ngo z’abantu.”

Amag The Black ni umuraperi ukomeye cyane mu Rwanda akaba yaramenyekanye cyane mu ndirimbo nka Nyabarongo yakoranye na Safi Madiba.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Alfred Ntakirutimana
Alfred Ntakirutimana
1 year ago

Kosora aga title man

Amashyari y’abakeba ararikoze: Umugore arahigishwa uruhindu nyuma y’igikorwa cy’ubunyanswa yakoreye uwari mukeba we akoresheje urushinge

Rwanda: Umukobwa w’imyaka 21 mu gahinda kenshi aragisha inama kuko abayeho nk’imfungwa