in

Mvukiyehe Juvénal uherutse kugura ikipe ya Rugende FC akayita Addax Fc, yavuze amakipe abiri yifuza guhura nayo akayaha isomo

Mvukiyehe Juvénal uherutse gutandukana na Kiyovu Sports akagura ikipe ya Rugende FC yo mu Cyiciro cya Kabiri akayihindurira izina ikitwa Addax- FC, yavuze amakipe abiri yifuza guhura nayo.

Mvukiyehe Juvénal yavuze ko yifuza guhura na Rayon Sport ndetse na Kiyovu Sport zo mu kiciro cya mbere.

Ibi yabivuze nyuma yuko umukino wa mbere Addax yakinnye arikumwe nayo itigeze yitwara neza kuko yanganyije ubusa ku busa.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yvonne w’imyaka 39 aracyari isugi yuzuye kuko kuva yavuka nta mugabo uramujya mu maguru

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi uherutse gusanga umugore we muri Canada, agiye kumena amabanga y’ububandi bukorerwa muri ruhago nyarwanda