in

Mvukiyehe Juvenal agiye gusarura amafaranga muri Kiyovu kuko ari kwisubiza ibyo yahaye Kiyovu byose

Mvukiyehe Juvenal agiye gusarura amafaranga muri Kiyovu kuko ari kwisubiza ibyo yahaye Kiyovu byose.

Nyuma yuko Mvukiyehe Juvenal ahagaritswe by’agateganyo ku buyobozi bwa Kiyovu Sports company, ubu nawe yatangiye kwisubiza bimwe mubyo yahaye Kiyovu Sports.

Amakuru yizewe avuga ko Juvenal ubu yamaze kwisubiza imodoka yari yarahaye Kiyovu Sports ngo ijye iyijyana mu myitozo, ndetse ngo yabasabye kujya bayikodesha.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rashid Kalisa ukomeje kubabazwa cyane n’intsinzwi ya Rayon Sports yatangaje umukinnyi abwira amabanga ye hagati ya Rwatubyaye Abdul na Hertier Luvumbu Nzinga

Bimaze kwemezwa abakinnyi 3 ba Rayon Sports ntibazagaragara ku mukino iyi kipe izakina na Marine FC bishobora gutuma ikomeza kwitwara nabi