in

“Muzagure agafanta” Perezida wa Rayon Sports n’umuryango we bikozemo maze bashimira ikipe y’abagore yamukijije igisuzuguriro

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yashimiye ikipe ya Rayon Sports WFC yamukijije igisuzuguriro ubwo yegukanaga igikombe cya shampiyona y’ikiciro cya kabiri mu bagore.

Uwayezu Jean Fidele mu ijambo yabagejejeho, yagize ati “Nishimye, njye n’umuryango wanjye tubahaye miliyoni 1Frw muzagure agafanta. Abavuga ko ntaratwara igikombe ubu baravuga iki?”

Rayon Sports WFC yamaze kuzamuka mu kiciro cya mbere, yazamukanye igikombe nyuma yo gutsinda kuri penariti 4-3 ikipe ya Indahangarwa WFC, ubwo umukino wari wabereye kuri sitade ya Bugesera wari warangiye ikipe zombi zinganya igitego 1-1 maze hitabazwa penariti.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana w’imyaka 12 wigaga i Musanze yapfiriye mu ishuri

‘Nabwiye umugore wanjye ko twakwihana ibyaha byacu kuko igihe cyacu cyegereje’ Umugabo wabonye umugore we apfira mu mwuzure yavuze uko yarokotse we n’umwana we w’amezi 6 (AMAFOTO)