in

Mutsinzi Ange uri gukinira ruhago muri Portugal ibihembo byinshi yatangiye kubyikubira kubera gukina neza

Myugariro w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda , Mutsinzi Ange Jimmy ukina mu cyiciro cya Kabiri mu gihugu cya Portugal, yabaye umukinnyi mwiza w’umukino ubwo ikipe ye yanganyaga na SC Tondela muri shampiyona.

Uyu myugariro usanzwe ufite umwanya ubanzamo muri CD Trofense yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Portugal, nyuma yo gufasha ikipe ye kugabana amanota na SC Tondela 0-0, yabaye umukinnyi w’umukino.

Ibi atangiye kubiferaho nyuma yuko avuye mu rwanda ari mubihe byiza ubu akaba abarizwa muri protugal mu kiciro cya kabiri kuri ubu kandi ari gufasha ikipe ye yanamwishimiye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iki gikorwa cyakoze benshi ku mitima, Aline Gahongayire yerekanye umwana Bravan yasize yishyuriye amashuri kugeza arangije kwiga

Rayon Sports iri mu byishimo birenze ukwemera nyuma yaho Sunrise FC bizakina muri wikendi yishongoye