in

Mutesi Jolly yegukanye igihembo ku ruhando rw’Africa ahigika abantu b’ibikomerezwa bo mu bihugu bitandukanye by’Africa

Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly yegukanye igihembo muri Zikomo Africa Awards, mu cyiciro cya ‘Best Zikomo Motivation Speaker’ nk’umwe mu bavuga rikumvikana muri Afurika.

Umuhango w’ibi bihembo byari bitanzwe ku nshuro yabyo ya gatatu wabereye muri Zambia.

Mutesi Jolly yahigitse abandi bakomoka mu bihugu bitandukanye muri Afurika barimo Simon Ssenkaayi wo muri Kenya, Timothy Zambia wo muri Zambia, Paul Magola wa Tanzania na Epi Mabika wo muri Zimbabwe.

Ibi bihembo bitegurwa na Zikomo Charitable Trust isanzwe ifite ibikorwa byinshi mu bihugu bitandukanye bya Africa, ikaba yaranubatse amashuri atatu mu bice bitandukanye bya Zambia.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uko umugore wa Mico The Best yakiriye kubona umugabo we yifata akambara ingutiya z’abagore akabishyira ku karubanda

Nyamasheke imodoka ya FUSO yari itwaye ingurube 30 irimo n’abantu 10 yakoze impanuka iteye ubwoba, yahahamuye abantu kubera ibyayibereyemo