in

Mutesi Jolly yanze kuripfana  ahita asubiza umugabo wagaragaje ko adakwiriye igihembo yahawe amushinja gutuka  abagabo ngo ni “Inyana z’imbwa”

Mutesi Jolly yanze kuripfana  ahita asubiza umugabo wagaragaje ko adakwiriye igihembo yahawe amushinja gutuka  abagabo ngo ni “Inyana z’imbwa”

Umwe mu bakoresha urubuga rwa X yagaragaje ko Mutesi Jolly atakagombye guhabwa igihembo ndetse akomeza amushinja ko yatutse abagabo ngo ni ‘Inyana z’imbwa ‘.

Uyu mugabo abinyujije ku rukuta rwe X yagize ati “Ese abantu batanga Ibi bihembo bagendera kucyi?.  Imagine umuntu nka Jolly Mutesi wita abagabo ngo ni “INYANA ZINBWA” bakamuha igihembo cyumuntu uvuga rikijyana 🤌  Niba abazajya bishongora bakavuga nibiterekeranye bazajya bahabwa ibihembo muraje urebebe Sasa competition igiye Kuba. ”

Mutesi Jolly nawe ntiyaripfanye nyuma yo kubona ibyo bamwanditseho, yahise amusubiza. Yagize ati” Ese ko ntabavuze mu mazina mwababajwe ni Iki, niba mutarizo?”.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nongeye guseka” Mama Nick wari umaze iminsi arwariye mu bitaro yongeye kumwenyu ndetse ashimira Dr Kanimba nawe urwariye mu Buhinde kubera ibyo yamukoreye – VIDEWO

Na Rwatubyaye Abdul utarakinnye arayahabwa: Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi bagiye guhabwa amamiliyoni bakoreye mu ikipe y’igihugu Amavubi mu gushaka itike y’igikombe cy’isi