in

“Mutayabonye ntabwo mwakina koko” Gasogi united yategereje inkunga none amaso yaheze mu kirere, byayiteye gufata umwanzuro ukakaye

Gasogi United yabaye ikipe ya kabiri ifashwa n’Umujyi yikuye mu irushanwa ry’igikombe cy’Amahoro, bivugwa ko nyuma yo gutegereza amafaranga y’Umujyi wa Kigali ariko akaba atarayigeraho.

Byatangiye ari AS Kigali yandika mu mpera z’icyumweru gishize ko yikuye mu irushanwa ry’igikombe cy’Amahoro cya 2023.

Kakooza Nkuriza Charles [KNC], umuyobozi wa Gasogi United mu kiganiro Rirarashe cyo ku wa Mbere yaciye amarenga ko hari ikibazo mu makipe afashwa n’Umujyi wa Kigali ko nta mafaranga arabona cyane ko na Gasogi United isigaye ifashwa n’umujyi wa Kigali.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde rw’abakinnyi batanu ba Rayon Sports bakomeje gutungwa agatoki ko bahamagawe na Mupenzi Eto’o abasaba kuzitsindisha ku mukino wa APR FC

Amafoto ya Dabijou ufite ikibuno gikurura abagabo noneho yaciye ibintu kuri Instagram