in

Musanze abaturage bamerewe nabi n’indwara y’imitezi yo mu maso yadutse kandi ikaba iri kwandura cyane

Musanze abaturage bamerewe nabi n’indwara y’imitezi yo mu maso yadutse kandi ikaba iri kwandura cyane.

Mu Mudugudu wa Terimbere, Akagari ka Mugari, Umurenge wa Shingiro mu Karere ka Musanze hateye indwara y’amaso idasanzwe, yibasiye abasigajwe inyuma n’amateka.

Iyi ndwara yandura iri gutuma mu maso bazana amashyira, bityo ntibabashe kureba. Kugeza ubu imaze gufata abantu 45.

Iyi ndwara iri gutuma umuntu uyirwaye azana ibimeze nk’amashyira mu maso bigatuma  atabasha kubumbura amaso. Ubuyobozi bwavuze ko iyi ndwara ishobora kuba iva ku mwanda.

Ubuyobozi bwavuze ko mu rwego rwo kwirinda kwanduza abantu benshi, abaganga bakomeje kivurira mu rugo abayirwaye. Ndetse abo bantu 45 bose ni abo mu gace kamwe.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kayonza: Umugabo akurikiranweho gusambanya umwana we w’imyaka 16 kugeza ubwo amuteye inda

Ntabwo yibagishije niko yaremwe! Imiterere n’uburanga bya Jacqueline bikomeje gutuma abatari bake bamira amazi – Amafoto