in

Musanze : Abagore barira ayo kwarika kubera indaya

Mu karere ka musanze benshi mu bagore batewe agahinda nuko indaya zibamazeho abagabo babo aho batagitinya kubata mu nzu n’abana bakisangira izo ndaya.

Umugore wo mu murenge kimonyi witwa Bahiti yatangarije umunyamakuru ko baherutse kubona amafaranga miriyoni 22 kubutaka bagurishije maze umugabo we ahita aburirwa irengero ajya gushakamo undi mugore .

Abagore bo muri kimonyi bakomeza bavuga ko batewe ubwoba na bakobwa bari kuva mu mijyi bakaza kwibana bikarangira batwaye abagabo babo dore ko abagabo bo muri kimonyi bakunda guharika.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kadaffi yahaye gasopo Israel Mbonyi ku mwana we

Video: umugabo ntiyorohewe nyuma y’aho abaturanyi babonye isanduku bahambamo iwe mu nzu