in

Muri Zimbabwe Imana yakoze ibitangaza ku mugore ufite n’ubumuga bw’ingingo .

Sinikiwe yakoze ubukwe mu Ukwakira 2021 n’umugabo ubonako ntakibazo nakimwe afite cy’ubumuga, ni ibintu bisa nibyatangaje abantu benshi aho hari abavugagako uyu mugabo atari urukundo gusa ahubwo hari ikindi akurikiye kuri uyu mugore.

Uyu mugore wo mugihugu cya Zimbabwe witwa Sinikiwe Kademaunga yatangaje ko agiye kwibaruka ipfura ye.

Uyu ni umugore ubana n’ubumuga bwo kutagira ingingo cyane ko atagira amaboko n’amaguru , Kademaunga wakoze ubukwe mu kwakira muri 2021 yatangaje ko ubu ameze neza Kandi agiye kwibaruka ipfura ye .

Sinikiwe Kademaunga, Ubu n’umuvugizi w’abantu bavutse bafite ibibazo by’ubumuga, ni umutoza ufasha abantu bihebye kubagarurira icyizere, abikora abinyujije kumbuga nkoranyambaga akoresha.

Written by Mizero Lambert

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787868796

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Danny Nanone yongeye kwitaba urukiko

Fora ndinde: ushobora kunkoraho byoroshye, ariko ntushobora kumbona? (Igisubizo)