in

Muri Ukraine ari guca impaka atitaye ku bisasu biriyo! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, akomeje kugaragaza impano idasanzwe ye muri Ukraine (AMAFOTO)

Muri Ukraine ari guca impaka atitaye ku bisasu biriyo! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, akomeje kugaragaza impano idasanzwe ye muri Ukraine.

Mu mpera z’iki cyumweru nibwo ikipe yo muri Ukraine ikinamo Umunyarwanda, Bizimana Djihad yanganyaga muri shampiyona.

Ikipe ya FC Kryvbas Kryvyi Rih ikinamo Bizimana Djihad yanganyije na Shakhtar Donetsk ibitego bitatu kuri bitatu.

Ni umukino Djihad yabanjemo ni gusa ntiyawusoje.

Mu mwanya umutoza yamuhaye, yagaragaje ko ari umukinnyi ufite impano idasanzwe.

Kuri ubu ikipe ya FC Kryvbas Kryvyi Rih iri ku mwanya wa Gatandatu muri shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Ukraine.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Super Manager wubatse izina mu Rwanda kubera kuvuga cyane, ari mu rukundo na mushiki wa Perezida

Ikipe ya Gaadiidka FC yateye ubwoba Apr FC ikiba iri gukora inama za hato na hato, yakodesheje umuganga w’ikipe itajya imbizi na Apr Fc (AMAFOTO)