in

Ikipe ya Gaadiidka FC yateye ubwoba Apr FC ikiba iri gukora inama za hato na hato, yakodesheje umuganga w’ikipe itajya imbizi na Apr Fc (AMAFOTO)

Ikipe ya Gaadiidka FC yo muri Somalia yakodesheje umuganga wa AS Kigali Arsène Bagumaho mu gihe cyose izaba mu Rwanda.

Iyi ikipe iri kubarizwa Rwanda mu rugendo rwa CAF Champions League aho yakinnye umukino ubanza na APR FC ndetse izakina n’uwo kwishyura tariki 24 Kanama 2023.

Umuganga wa AS Kigali ikina Shampiyona yo mu Cyiciro cya mbere mu Rwanda kuri ubu ari gufasha Gaadiidka FC yo muri Somalia kuva bagera mu Rwanda.

AMAFOTO

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Muri Ukraine ari guca impaka atitaye ku bisasu biriyo! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, akomeje kugaragaza impano idasanzwe ye muri Ukraine (AMAFOTO)

Hahiye nyagushya! Pariki yinjiriza u Rwanda amadovize, yafashe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka