in

Muri Uganda bagiye gukuraho itegeko rihana ababana bahuje igitsina

Mu gihugu cya Uganda hagiye kuvugururwa itegeko ry’ababana bahuje igitsina benshi badasanzwe bavugaho rumwe kuri iyi ngingo ku Isi dore ko bamwe babizira urunuka.

Mu gihugu cya Uganda kiyobowe na Perezida Yoweri Museveni ubusanzwe muri iki gihugu abantu bemera ko bakundana kandi badahuje ibitsina bahanishwa ibihano bikomeye cyane harimo n’igihano cy’urupfu ndetse n’igihano cyo gufungwa burundu igihe bimenyekanye ko uri umutinganyi kabuhariwe ubundi ubusanzwe ugomba guhabwa igihano cy’urupfu.

Kuri iyi nshuro Perezida w’igihugu cya Uganda Yoweri Museveni ari fuzako hakorwa amavugururwa kuri aya mategeko akakaye gusa ntago haramenyekana igisubizo cy’ukuri kwiri tegeko gusa bigiye kwigwaho.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Munyakazi Sadate uri mu rugendo rutagatifu I Maka yasabiye Rayon Sport ikintu gikomeye ku Mana 

Ashobora kubura byose nk’ingata imennye: Ya modoka Bahavu Jeanette amaze iminsi yirukaho agiye kuyibura ntaramuka adahinduye ibitekerezo