in

Muri Murera nta mwanya wo kuruhuka! Hamenyekanye indi kipe ifitanye umukino wa gishuti na Rayon Sports nyuma y’iminsi 2 gusa bakinnye na Vital’O FC

Kuri iki cyumweru tariki ya 30 Nyakanga 2023, nibwo Rayon Sports yakinnye na Vital’O FC yo mu Burundi, mu mukino wa gishuti wabereye kuri Kigali Pele Stadium birangira ikipe zombi zinganyije ibitego 2-2.

Nyuma y’amasaha make gusa uyu mukino urangiye, hari amakuru yahise ajya hanze avuga ko kuri uyu wa Kabiri taliki 1 Kamena 2023, Rayon Sports izongera ikine na Gorilla Fc.

Uyu mukino wa Rayon Sports na Gorilla Fc ugiye kuba, uzabanziriza ‘Rayon Sports Day’ izaba tariki 5 Kanama 2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byemejwe: APR FC umukino wayo ntabwo uzaba kubera impamvu ikomeye abantu batari bazi

Aha niho umugabo azigaragariza: Itariki ikipe ya Rayon Sports na APR FC zizesuraniraho yamenyekanye