in

Byemejwe: APR FC umukino wayo ntabwo uzaba kubera impamvu ikomeye abantu batari bazi

Byemejwe: APR FC umukino wayo ntabwo uzaba kubera impamvu ikomeye abantu batari bazi.

Ikipe ya APR FC yari kuzatangira shampiyona y’u Rwanda icakirana n’ikipe ya Marines FC gusa uyu mukino ntabwo uzaba kubera ko ikipe ya APR FC izaba iri mu mikino nyafurika (Caf Champions League).

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gasogi United ihise ibona amafaranga izakoresha sezo yose! FERWAFA ishyize ahagaragara ingengabihe ya sezo 2023/2024

Muri Murera nta mwanya wo kuruhuka! Hamenyekanye indi kipe ifitanye umukino wa gishuti na Rayon Sports nyuma y’iminsi 2 gusa bakinnye na Vital’O FC