in ,

Muri Cameroon Indaya Zazamuye Ibiciro Kubera Igikombe Cy’Africa Kigiye Kuhabera

Amahirwe aza rimwe kandi iyo uyabonye uyabyaza umusaruro. Ibi nibyo indaya zo muri cameroon ziri gukora gitegura igikombe cya Africa kigiye kubera muriki gihugu umwaka utaha.

Indaya zo muri cameroon zikaba zamaze guhanitse ibiciro kubera igikombe cy’Afurika kigiye kuhabera, biteganijwe ko kizatangira Tariki 9 Mutarama 2022 kirangire Tariki 6 Gashyantare 2022.

Indaya zo muri Cameroon zatangaje ko kuryamana rimwe gusa (OneRound) ari $ 40 (Asaga ibihumbi 40 y’amanyarwanda).

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Marz
Marz
2 years ago

🤣🤣🤣🤣🤣🤣 nibazamure nubwo bagera kuri 100$ . Hazahura nuruva gusenya. Nkaswe no kuba warushi ga

King James noneho areruye, umva ibyo atangaje ku mukobwa bari mu rukundo.

Dore Imodoka Yakataraboneka Izahembwa Umusore Uhiga Abandi Mu Rwanda (Mr Rwanda) (Video)