in

“Muri 2023 ukagenda amasaha 3 ujya ku kibuga” Hugo Broos utoza Afurika y’Epfo atangaje ibimeze nk’urwitwazo nyuma yo gutsindwa n’Amavubi

Hugo Broos utoza Afurika y’Epfo atangaje ibimeze nk’urwitwazo nyuma yo gutsindwa n’Amavubi.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo ikipe y’igihugu Amavubi yatsindaga Afurika y’Epfo ibitego bibiri ku busa.

Nyuma yo gutsindwa uwo mukino, Umutoza mukuru wa Afurika y’Epfo Hugo Broos ntiyishimiye gukinira kuri sitade ya Huye.

Mu kiganiro n’abanyamahanga, avuga ko muri 2023 bitari bikwiye ko ikipe ikinira ahantu ugenda amasaha atatu uvuye ku kibuga k’indege.

Nyuma yo kuvuga ibyo yaje kwivuguruza yemeza ko ibyo avuze atari yo mpamvu yatumye batsindwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Turatsinze Jean Claude w’ imyaka 33 yaparamiye imodoka ya Pick up arahanuka abanza umutwe muri kaburimbo

Amashusho y’umunyamakuru Faustinho Simbigarukaho wahagurutse mu bafana yishimira itsinzi ubwo Amavubi yigishaga isomo rya ruhago ikipe y’igihugu ya Africa Y’Epfo