in

Muramira Regis ashinja APR FC gukopera Rayon Sports ibyo gutegura imikino hanze y’ikibuga

 

Umunyamakuru Muramira Regis yatangaje ko APR FC yagiye mu nzira ya Rayon Sports mu bijyanye no gutegura imikino hanze y’ikibuga.

 

Yabivuze mu kiganiro Urukiko rw’Ubujurire, aho yemeje ko APR FC yabonye Rayon Sports yarafashe intera muri ubwo buryo, maze na yo igahitamo kuyigana.

 

Nubwo atavuze mu buryo bweruye, gutegura imikino hanze y’ikibuga bisobanura ibikorwa bya ruswa bigamije gutuma abakinnyi batsindwa nkana. Aya magambo ya Regis yakuruye impaka mu bakunzi ba ruhago yo mu Rwanda.

 

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nareka itangazamakuru” Reagan Rugaju Ku byo kuvanwa mu kiganiro Urubuga rw’imikino

Umugore yamutwaye byose amusiga mu bukene bukabije