in

Mupenzi Eto wo muri APR FC yasabiwe gufungwa imyaka ine muri gereza

Mupenzi Eto wo muri APR FC yasabiwe gufungwa imyaka ine muri gereza.

Eto wari ushinzwe igura n’igurisha mu ikipe ya APR FC, yasabiwe gufungwa imyaka ine we na bagenzi be.

Nk’uko bitangazwa na Flash Fm mu kiganiro cy’imikino Program Umufana, bavuga ko Eto afungiwe i Kanombe we n’abandi barimo team manager w’ikipe ya APR FC n’umuganga wa APR FC.

Iyi Radiyo ikomeza itangazo ko ku munsi w’ejo hashize Eto na bagenzi bitabye urukiko rwa gisirikare aho Ubushinjacyaha bwabasabiye gufungwa imyaka ine.

Nubwo Flash Fm itangaza ibyo ntabwo haramenyekana ikintu nyirizina aba bombi bakurikirinyweho.

Bivugwa ko abo bazize ibirimo guha ibiyobyabwenge abakinnyi ba APR FC, abandi bavuga ko ari ugushimuta umuntu bivugwa ko yari umupfumu wa Kiyovu Sports. Ibyo byose ni ibivugwa ntabwo haramenyekana ikintu bakurikirinyweho.

Turacyari gushaka andi makuru arambuye kuri iyi nkuru.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yazize inda ye! Umugabo yakubitiye umugore mu muhanda amwambura ubusa

‘Yanamaze kugera ku makonti’ Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore bakoze imyitozo ya nyuma bitegura Uganda bafite akanyamuneza ka ‘Motivation’ bahawe – AMAFOTO