in

Munyakazi Sadate uri mu rugendo rutagatifu I Maka yasabiye Rayon Sport ikintu gikomeye ku Mana 

Mu gihe idini ya Islamic yari mu gihe ki gifungo gitagatifu, aba isilamu bagiye mu rugendo rutagatifu I Maka, muri abo bagiye yo harimo n’abanyarwanda.

Muri abo banyarwanda harimo uwahoze ari Perezida wa Rayon Sport Munyakazi Sadate, aba banyarwanda bagiye taliki ya 13 Mata 2023 ndetse biravugwa ko bazagaruka mu Rwanda kuri 23 Mata 2023.

Sadate yavuze ko yasabye Imana gukemura ibibazo biri mu ikipe ya Rayon Sport ndetse n’ibiri muri ruhago nyarwanda muri rusange.

Mu kiganiro Munyakazi Sadate yagiranye n’igihe yagize ati “Mu byo nasabye, nasabiye Igihugu cyanjye ngo kigire amahoro, umugisha n’iterambere. Nasabye Imana kugira u Rwanda igihugu cy’igihangange ku Isi yose. Biranumvikana ko ntabura ibyo nkunda birimo gukemura ibibazo biri muri ruhago na Rayon Sports kandi uku ni ukuri.”

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Intanga ze ntizisanzwe: Umunyarwenya Nick Cannon yatangaje amakuru ku ntanga ze zifite ubushobozi bwo gutera inda umugore waboneje urubyaro

Muri Uganda bagiye gukuraho itegeko rihana ababana bahuje igitsina